93. Yesu Mukiza, ni we wancunguye kera

1. Yesu Mukiza, ni we wancunguye kera, Yanyitangiriye ki giti
Yikorey’ ibyaha byanjye ndetse n’ ibyawe,
Atwoz’ atyo mu ma raso ye

Gusubiramo
Nzi kw ibyaha byabambwe Ku musaraba,
Yes’ ubwo yitangago kera Yanzwe n’ abantu benshi
Arasuzugurwa Ni ko yatwujuje n’ lmana

2. Yes’ afit’ urukundo rutangaje Wose
Rwatumy’ anyeza mu mutima
Yesu Mukiza ni we wambatu ye rwose
Ubwo yabambwaga ku giti

3. Niyemeje kugundir’ Umukiza wanjyeye
Kuko yemeye kumfir’ atyo
Ndagushimira Yesu kuko wankunz’ utyo
Nzahora ngushima, Mu kiza

Ikaze kuri Bazabibiriya.org; Wemerewe kubaza ikibazo cyose kijyanye n'iyobokamana, Dufite inararibonye n'abasesenguzi ba Bibiriya biteguye kugusubiza.

577 questions

166 answers

80 comments

58.8k users

...